资讯
PRESELECTION REPORT /RBA BOARD CANDIDATES ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungireh yakiriye Amb wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani wari uje kumusezeraho kubera ko ashoje ...
Ikigo Mpuzamahanga cya Banki y’Isi gishinzwe guteza imbere Abikorera (IFC) cyashyize ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda, impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyoni 17$. Ni ubwa mbere IFC ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi batandukanye, ...
Umunyarwenya Herbert Mendo Ssegujja wamamaye nka Teacher Mpamire yasekeje Abanya-Kigali bari bitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show. Iki gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yagaragaje ko bitatunguranye kuba aka Karere kagaragajwe nk’agakennye kurusha utundi mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho y’ingo, ...
Bamwe mu barokokeye i Nyanza ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali bagaragaza uruhare rutaziguye rw'u Bubiligi muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko ingabo zabwo zafashe iya mbere zigatererana abahigwaga ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 31 ishize ari ikimenyetso cy’uko Abanyarwanda badashobora gufata kubaho nk’impuhwe, ashimangira ko aho gutegereza kwicwa abantu ...
一些您可能无法访问的结果已被隐去。
显示无法访问的结果