资讯

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Itsinda ry'Abasirikare biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka Musanze ryasuye Akarere ka Gatsibo mu rugendoshuri rugamije gusobanukirwa Politiki y’ubuhinzi mu ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungireh yakiriye Amb wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani wari uje kumusezeraho kubera ko ashoje ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
Perezida Kagame yagaragarije Abakuru b’Ibihugu bya EAC na SADC ko umutekano n’ubusugire by’u Rwanda bigomba kubahwa ndetse ko ibikibibangamiye bigomba gushakirwa umuti mu nzira zisanzweho zo gukemura ...
Perezida wa Repubulika Paul yihanganishije imiryango yabuze ababo n'abakomerekeye mu biza byatewe n'imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye by'Intara y'lburengerazuba, Amajyaruguru, n'Amajyepfo mu ...
Kuri uyu wa Kabiri, mu Rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa haratangira urubanza rwa Eugene Rwamucyo ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, yaba yarakoreye muri Perefegitura ya Butare.